Gahunda yo kugabanya igiciro cy’ifu n’icy’ifumbire muri Kenya
From Wikipedia, the free encyclopedia
Ubuzima buhenze ngo ni ikibazo kigoye Abanya-Kenya benshi, aho ubu ngo ikipi y’ibiro bibiri by’ifu y’ubugari yazamutse ikava ku Mashilingi ya Kenya Ijana ikagera kuri magana abiri.Abanya-Kenya benshi ngo bari bamaze iminsi bataka kubera kuzamuka kw’ifu aho ipaki y’ibiro bibiri igura 200KSH ivuye ku 100KSH, ariko Perezida Ruto yarabahumurije avuga ko yatangiye ibiganiro na Minisiteri ishinzwe iby’ubuhinzi, kandi ko ibintu bizagenda neza.[1]